Kwimurirwa mu gihugu cya gatatu

SERIVISI ZA UNHCR ZOSE ZITANGIRWA UBUNTU

Nta na rimwe HCR cyangwa abafatanyabikorwa bayo bazigera basaba kwishyurwa kugira ngo babone gutanga serivisi. Andikira HCR kuri rwakitubivuge@unhcr.org maze uyihe amakuru yerekeye uburiganya igihe uramutse ugize ayo umenya. Iyo utanze amakuru yerekeye uburiganya, bikurikiranwa mu ibanga rikomeye.

















See also

<< Back to Rwanda homepage
>> Select another country on our Help page