Serivisi mu Rwanda

SERIVISI ZA UNHCR ZOSE ZITANGIRWA UBUNTU
Nta na rimwe HCR cyangwa abafatanyabikorwa bayo bazigera basaba kwishyurwa kugira ngo babone gutanga serivisi. Andikira HCR kuri [email protected] maze uyihe amakuru yerekeye uburiganya igihe uramutse ugize ayo umenya. Iyo utanze amakuru yerekeye uburiganya, ababishinzwe bakurikirana icyo kibazo mu buryo bw’ibanga.


See also

<< Back to Rwanda homepage
>> Select another country on our Help page