Nta na rimwe HCR cyangwa abafatanyabikorwa bayo bazigera basaba kwishyurwa kugira ngo babone gutanga serivisi. Andikira HCR kuri [email protected] maze uyihe amakuru yerekeye uburiganya igihe uramutse ugize ayo umenya. Iyo utanze amakuru yerekeye uburiganya, ababishinzwe bakurikirana icyo kibazo mu buryo bw’ibanga.
Aha uzahasanga:
Amakuru ari kuri uru rubuga ni amakuru rusange, ashobora kuba atarebana n’ibibazo byawe bwite. Ukeneye andi makuru cyanga ukeneye ubufasha ku kibazo cyawe cyumwihariko wamenyesha umukozi wa HCR cyangwa abafatanyabikorwa ba HCR kuko bafite ubushobozi bwo kugufasha no kuguha andi makuru ukeneye.